Amerika yagabye ibitero bikomeye muri Irak

Leta zunze ubumwe z’amerika zongeye kugaba ibitero 5 muri irak na siriya kuri uyu wa gatatu.
Ariko Susan Rice, umujyanama mu kanama gashinzwe umutekano muri leta zunze ubumwe z’amerika ntabwo yemeje niba muri ibyo bitero hiciwemo umukuru w’umutwe wa khorassan.
Ibi bitero bya leta zunze ubumwe z’amerika biri mu rwego rwo gusenya imitwe y’iterabwoba byasenye ibirindiro bitandukanye by’iyi mitwe n’ububiko bw’intwaro zayo. Ariko ntiharemezwa abayobozi bakuru b’iyo mitwe baba biciwe muri ibyo bitero
COMMENTS
LEAVE A COMMENT BELOW
OTHER NEWS
Inyeshyamba zari zisigaye muri Ghouta zamanitse amaboko
Paul Khalifeh, umunyamakuru wa RFI, uri i Beyrouth aravuga ko aya makuru yemejwe (...)
By | 2 April 2018 | 0 (comments)Nyabisindu: Abagore ntibatuje kubera ihohoterwa ribakorerwa
Muri aka kagari ngo hakunze kumvikana abagabo bishe abagore babo cyangwa abagore (...)
By | 15 March 2018 | 0 (comments)Yabujijwe kuririmbira muri Zambia kubera ko atambara akenda k’imbere
Zodwa Wabantu yurijwe indege imusbuiza iwabo akimara kugera i Lusaka kuko (...)
By | 13 March 2018 | 0 (comments)Ingabo za Turikiya zazengurutse umujyi wa Syria ufitwe n’Aba-Kurude
Itangazo riravuga ko ingabo n’inyeshyamba zishyize hamwe zo muri syria zigaruriye (...)
By | 13 March 2018 | 0 (comments)Minisitiri w’Intebe wa Palestine yarokotse iturika rikomeye ubwo yinjiraga i Gaza
Iki giturika cyari gihamije imodoka zari ziherekeje Ministre w’Intebe wa (...)
By | 13 March 2018 | 0 (comments)