Amerika yagabye ibitero bikomeye muri Irak

Leta zunze ubumwe z’amerika zongeye kugaba ibitero 5 muri irak na siriya kuri uyu wa gatatu.
Ariko Susan Rice, umujyanama mu kanama gashinzwe umutekano muri leta zunze ubumwe z’amerika ntabwo yemeje niba muri ibyo bitero hiciwemo umukuru w’umutwe wa khorassan.
Ibi bitero bya leta zunze ubumwe z’amerika biri mu rwego rwo gusenya imitwe y’iterabwoba byasenye ibirindiro bitandukanye by’iyi mitwe n’ububiko bw’intwaro zayo. Ariko ntiharemezwa abayobozi bakuru b’iyo mitwe baba biciwe muri ibyo bitero
COMMENTS
LEAVE A COMMENT BELOW
OTHER NEWS
Museveni yashinje abaminisitiri gusinzira mu kazi
ubwo yagezaga ijambo ku bashoamari mu biro bye biri i entebbe, Museveni yavuze (...)
By | 8 February 2019 | 0 (comments)Umubyeyi wa Kirumira yababariye General Kale Kayihura
Hajji Kawooya ngo izi mbabazi yazitangiye mu gace ka Mpambire ahari hakoraniye (...)
By | 23 October 2018 | 0 (comments)Côte d’Ivoire yacyeje akamaro k’itorero ry’igihugu mu kubaka Abanyarwanda.
Itsinda ry’abayobozi batunu baturutse muri Côte d’Ivoire bakora muri ministeri (...)
By | 18 October 2018 | 0 (comments)BK yatashye inyubako izakoreramo I Nyagatare yuzuye itwaye miliyari eshatu z’amafaranga y’u Rwanda
Abakiriya ba BK bo mu karere ka Nyagatare bavuga ko bishimira imikoranire ya bo (...)
By | 18 October 2018 | 0 (comments)Bafite ikibazo cy’umusaruro mwinshi baburiye isoko-Nyanza
Ibigori,imyumbati n’urutoki ni bimwe mu bihingwa byatoranijwe guhingwa mu karere (...)
By | 18 October 2018 | 0 (comments)